duhange.com / Nurturing Entrepreneurial Minds

            

“Nta mpamvu n’imwe yakagombye kukubuza kuba rwiyemezamirimo, ushobora kwigira ku byo abandi bagezeho”

Savannah Britt


SUCCESS STORIES

Dell: yatangijwe kugishoro cya 600,000 FRW gusa!

Ese waruziko sosiyete ya DELL izwiho gukora za mudasobwa yatangijwe ku gishoro cya 600,000 FRW gusa? Sosiyete ya DELL ni imwe muri sosiyete...

Sabirul Islam : ku myaka 13 y’amavuko yatangiye akazi , yirukanwa nyuma y’ibyumweru 2, ibyo byatumwe yihangira ake none ntarongera gusaka akazi ukundi!

Sabirul Islam, ,yabyirukiye hafi y’umujyi wa London, mu Bwongereza. Mubyara we yaje ku muha akazi afite imyaka 13 ,ibyo byatumye akangukira...

Vedaste TWAGIRIHIRWE yatangiriye ku busa, none afite sosiyete kandi akoresha abakozi 11!

Duhange.com :Vedaste TWAGIRIHIRWE ni muntu ki? Vedaste: Ndubatse mfite umugore n’abana batatu ,ntuye mu mujyi wa Kigali , nkaba nkora business...

Savannah Britt : ku myaka 14 y’amavuko yashinze ikinyamakuru cyamenyekanye cyane ku isi mu byashinzwe n’abato.

Savannah Britt Ku myaka umunani gusa y’amavuko , Savannah Britt yatangiye kujya asohora imivugo , ku myaka icyenda gusa yaje kugirirwa ikizere...

Christian Lander : Nyuma y’amezi abiri gusa yinjije miliyoni 184,5 y’amanyarwanda!

Birashimisha kubona abantu basanze baragize icyo bageraho mu kwiteza imbere. Urugero ni urwa Christian Lander yashyizeho urubuga rwa interinet...

IBIGO BY’IMARI N’AMABANKI

Ku bufatanye na I&M Bank, BCR imaze kugaba amashami 55 muri EAC

Nyuma yo kugirana ubufatanye na Banki yo muri Kenya yitwa I&M Bank, ubu Banki y’Ubucuruzi y’u Rwanda (BCR) imaze gufungura amashami 55...

Rubavu : Cogebanque yatangiye abaturage batishoboye miliyoni 1,5 muri Mitiweli

Cogebanque yashyikirije ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu sheki y’amamfaranga y’amafaranga y’u Rwanda angana na 1,500,000 azafasha abaturage batishoboye...

AfDB igiye gufasha u Rwanda mu guteza imbere umurimo

Inama Nkuru ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) yateranye ku wa 3 Werurwe 2013, yemeje kuzatanga amadolari ya Amerika angana na miliyoni...

Haracyari imyumvire mike ku by’Umurenge SACCO

Nk’uko itangazamakuru dukesha iyi nkuru, Izuba Rirashe igihe cyaganiraga na bamwe mu baturage batandukanye ku by’Umurenge Sacco, benshi muri bo...

BCR igiye kugirana ubufatanye na za SACCO

Umuyobozi wa Banki y’Ubucuruzi y’u Rwanda (BCR) Sanjeev Anand, atangaza ko Banki ayoboye yagiranye ibiganiro na za SACCO n’ibigo by’imali...



TUKUGIRE INAMA

Dore inama 5 zafasha umuntu ufite igitekerezo cyo gushaka ariko akaba afite amafaranga make ngo akore ishyingiranwa.

Ushobora kuba ushaka gushaka ariko kubona amafaranga ahagije bikakubera imbogamizi? Dore icyo ukwiye kuzirikana; kugira ngo ishyingiranwa rizabe...

Intambwe 8 watera zikakugirira akamaro mu buzima

Kugira ishyaka ni kimwe mu bintu byatuma ugira icyo ugeraho mu bizima byawe, imimerere waba urimo yose ugomba kwigirira icyizere kandi ugahora...

Ni gute watangira business ya resitora?dore ibintu 7 wakora

Muri iki gihe imwe muri business wakora igatuma itera imbere vuba ni resitora.Icyiza cyo gukora resitora wunguka vuba kandi ugakoresha abakozi...

Ni iki wakora kugira ngo wirinde kwirundanyirizaho imyenda

Kimwe mu bintu bitesha umutwe mu buzima ni kugira amadeni menshi . Nubwo mu Kinyarwanda abantu bakunze kuvuga ngo nta mugabo utagira ideni umuntu...

Icyo ubushakashatsi bwagaragaje

Ibintu 10 wakora kugira ngo ubone akazi

Bishobora kutworohera gucika intege mu gihe dushaka akazi ariko tukaba twarakabuze, mu gihe uba waramaze igihe kitari gito ujyana ibaruwa ndetse...

Ibintu 5 ukwiye kumenya ku masosiyete akora icyo bita Network Marketing

Network marketing ni amagambo y’icyongereza yerekeza ku ku buryo amasosiyete akoresha abantu bayafasha kugeza ku bakiriya babo ibicuruzwa byayo...

Ni gute wahitiramo umwana wawe iby’akwiye kwiga?

Muri iki gihe usanga abantu barize ibintu bitandukanye ariko bikaba bitabafasha kubona umugati mugihe batabonye akazi muri leta, bikaba...

Urutonde rwa Business 10 watangiza mu mujyi wa Kigali ufite amafaranga guhera kuri 0 kugeza 500.000.

1. Take away restaurant:iyi restora ntabwo yagusaba gukodesha inzu,kugura intebe, amaze ndetse n’ibindi bategura mu nzu icururizwamo amafunguro....



TUMENYE N’IBI

Dore indirimbo ukwiye kureba widagadura, nkawe rwiyemezamirimo!

Rwiyemezamirimo, kenshi ujya ubona abantu bidagadura mu buryo butandukanye, ariko wagakwiye kubikora mu buryo bukunogeye kandi bugufasha...

Impamvu 4 zituma imbuga za interineti zo mu Rwanda zidasurwa cyane

Uko umwaka utaha hakaza undi ukaza niko mu Rwanda imbuga za interineti zivuka maze nkeya cyane mu gihe cy’umwaka zigafunga burundu. Ariko hari...

Kuki ukwiye kwirinda gushaka gukira vuba mu gihe utangiye business?

Abantu benshi batangira business bashaka gukira vuba bakunda kumanjirwa. Muri rusange nta muntu utangira business utaba wifuza gutera imbere ;...

DUSANGE KURI FACEBOOK